Hamenyekanye inama Cyril Ramaphosa na perezida wa Zimbabwe bashaka guha Tshisekedi ku ngingo ya Joseph Kabila
Pereza wa Afrika y’Epfo , Cyril Ramaphosa ndetse n’uwa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa bari kuganira na perezida wa Repubulika ya...
Read MoreKera kabaye Palesitina igiye guhabwa umuyobozi uzaba uvuka mu Bwongereza!
Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Sir Tony Blair biteganyijwe ko ari we ugomba kuzayobora Guverinoma y’inzibacyuho muri Gaza nyuma...
Read MoreBugesera: Umusore w’imyaka 28 yishe nyina amutwikishije lisansi
Mu Karere ka Bugesera, Umudugudu wa Gahinga, Akagari ka Kibirizi, mu Murenge wa Mayange haravugwa inkuru y’inshamugongo y’umusore w’imyaka 28...
Read MoreU Burusiya : Gari ya moshi yari itwaye lisansi yakoze impanuka ikomeye
Minisiteri ishinzwe ibiza mu Burusiya yatangaje inkuru ibabaje y’inkongi ikomeye yaturutse ku mpanuka ya gari ya moshi, yabereye mu gace ka Smolensk...
Read MoreTrump yiyemeje kuburizamo umugambi wa Israel wo kwigarurira West Bank
Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku munsi w’ejo, Perezida Donald Trump yatangaje ko adashyigikiye na gato umugambi wa Minisitiri w’Intebe...
Read MoreBobi Wine uzahangana na Museveni mu matora yatangiye kugerwa amajanja
Umunyapolitiki ukomoka mu gihugu cya Uganda akaba umwe mu batavugwa rumwe n’ubutegetsi bakomeye muri iki gihugu , Robert Kyagulanyi...
Read MoreDonald Trump arifuza iperereza ku byamukorewe mu nama ya Loni
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yasabye ko hatangizwa iperereza ryimbitse ku byamukorewe igihe yari yitabiri Inteko rusange ya...
Read MoreDStv yaguzwe n’indi sosiyeti byari bihanganiye isoko!
Sosiyeti iri mu zikomeye mu gihugu cy’u Buransa no ku isi yose muri rusange ya Canal+ yamaze kugura indi ya MultiChoice yo muri Afurika...
Read MoreM23 yahururije Abanyamulenge bamerewe nabi
M23 yandikiye LONI ibaruwa ishinja Leta ya Kinshasa kuyobya uburari no guhisha ukuri ku byaha bikorerwa abaturage, cyane cyane abo mu bwoko...
Read MoreIsrael yongeye gukora igikorwa giteye agahinda muri Gaza
Mu ijoro ryakeye, ibisasu bya Israel byaraye byishe abasivili barenga 80 mu mujyi wa Gaza, barimo abagore n’abana 20, ubwo ingabo za Israel...
Read More