Bugesera: Umusore w’imyaka 28 yishe nyina amutwikishije lisansi
Mu Karere ka Bugesera, Umudugudu wa Gahinga, Akagari ka Kibirizi, mu Murenge wa Mayange haravugwa inkuru y’inshamugongo y’umusore w’imyaka 28...
Read MoreU Burusiya : Gari ya moshi yari itwaye lisansi yakoze impanuka ikomeye
Minisiteri ishinzwe ibiza mu Burusiya yatangaje inkuru ibabaje y’inkongi ikomeye yaturutse ku mpanuka ya gari ya moshi, yabereye mu gace ka Smolensk...
Read MoreTrump yiyemeje kuburizamo umugambi wa Israel wo kwigarurira West Bank
Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku munsi w’ejo, Perezida Donald Trump yatangaje ko adashyigikiye na gato umugambi wa Minisitiri w’Intebe...
Read MoreBobi Wine uzahangana na Museveni mu matora yatangiye kugerwa amajanja
Umunyapolitiki ukomoka mu gihugu cya Uganda akaba umwe mu batavugwa rumwe n’ubutegetsi bakomeye muri iki gihugu , Robert Kyagulanyi...
Read MoreDonald Trump arifuza iperereza ku byamukorewe mu nama ya Loni
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yasabye ko hatangizwa iperereza ryimbitse ku byamukorewe igihe yari yitabiri Inteko rusange ya...
Read MoreDStv yaguzwe n’indi sosiyeti byari bihanganiye isoko!
Sosiyeti iri mu zikomeye mu gihugu cy’u Buransa no ku isi yose muri rusange ya Canal+ yamaze kugura indi ya MultiChoice yo muri Afurika...
Read MoreM23 yahururije Abanyamulenge bamerewe nabi
M23 yandikiye LONI ibaruwa ishinja Leta ya Kinshasa kuyobya uburari no guhisha ukuri ku byaha bikorerwa abaturage, cyane cyane abo mu bwoko...
Read MoreIsrael yongeye gukora igikorwa giteye agahinda muri Gaza
Mu ijoro ryakeye, ibisasu bya Israel byaraye byishe abasivili barenga 80 mu mujyi wa Gaza, barimo abagore n’abana 20, ubwo ingabo za Israel...
Read MorePerezida Tshisekedi yongeye kuvuga ku Rwanda na RDF igihe yari muri LONI
Perezida Félix Tshisekedi yasabye amahanga kudacyerensa uruhare rw’u Rwanda mu bibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Congo, anasaba ko hakorwa...
Read MoreIgirikare cy’u Rwanda cyagize icyo kivuga ku musirikare wacyo amakuru yasakajwe ko yafatiwe i Burundi
Ubuyobozi Bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda(RDF) bwatangaje ko umusirikare ufite ipeti rya Sergeant muri RDF usanzwe ari umushoferi, afungiye i Burundi...
Read More