Tshisekedi yasabiye igihembo gikomeye Trump nabasha guhuza u Rwanda na Congo!
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo , Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yemeje ko Donald Trump naramuka ashoboye guhuza u Rwanda na...
Read MoreAbapadiri mu Butaliyani bari mu myigaragambyo
Mu gihugu cy’Ubutaliyani habaye imyigaragambyo y’abiyise , “Abapadiri barwanya Jenoside” (Priests Against Genocide) bakoze mu rwego rwo...
Read MoreUCI Road World Championship – Umunyapolonye yatwaye ITT y’abahungu batarengeje imyaka 23
Ku wa Mbere, tariki ya 22 Nzeri 2025, umunya-Suède Jakob Söderqvist ni we wigaranzuye abandi mu gusiganwa n’ibihe (ITT) mu cyiciro cy’abahungu...
Read MoreKenya :Abanyeshuri bangiwe kureba umukino wa Arsenal na Man City bangiza byinshi
Ikigo cy’amashuri yisumbuye cya Litein Boys’ High School, kiri mu gihugu cya Kenya, cyafunzwe by’agateganyo nyuma y’uko abanyeshuri bacyo...
Read MoreU Burayi bwateye utwatsi ibyo guhanikira imisoro u Bushinwa n’u Buhinde
Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), Ursula von der Leyen, yatangaje ko nta musoro uziyongera ku bicuruzwa biva mu Bushinwa...
Read MoreRiek Machar urebana ay’ingwe na Salva Kiir yagejejwe mu rukiko
Kuri uyu wa Mbere wa tariki 22 Nzeri 2025, mu murwa mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, hatangiye urubanza rw’uwahoze ari Visi Perezida ...
Read MoreU Bwongereza bwihanije Israel ku migambi ifite!
Umunyamabanga w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bwongereza, Yvette Cooper, yavuze ko yaburiye Israel kutagaba igitero cyo kwiyomekaho bimwe mu bice bya...
Read MoreM23 yigaruriye umugi w’ingenzi nyuma y’imirwano n’ingabo za Congo
Umutwe wa M23 biremezwa ko wamaze kwigarurira umugi wa Nzibira nyuma y’imirwano yabahanganishije n’ingabo za Repubulika ya Demokasi ya...
Read MoreIgihugu gikomeye ku Isi cyatangaje ko cyemeye Palesitina nk’igihugu cyigenga
Kuri iki cyumweru cya tariki 21 Nzeri 2025, Ubwongereza bwatangaje ko bwemeye Leta ya Palesitina nyuma y’uko Isiraheli itubahirije ibyo yasabwaga...
Read MoreUwatanze amakuru afatwa nk’ay’ukuri ku habonetse icyorezo cya COVID-19 bwa mbere ari mu byago
Umunyamakuru w’Umushinwa, Zhang Zhan, w’imyaka 42, wakatiwe imyaka ine y’igifungo mu mwaka 2020 azira gutangaza amakuru ku cyorezo cya COVID-19 mu...
Read More