Ubuyapani bwerekanye ko abaturage babwo baramba kurusha abandi ku isi
Mu gihugu cy’u Buyapani, imibare mishya yashyizwe ahagaragara n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima yagaragaje ko abaturage 99,763 bafite imyaka ijana...
Read MoreMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda yagize icyo avuga ku gitutu cyo kurekura Victoire Ingabire
Nyuma y’uko Inteko Ishingamategeko y’Ubumwe bw’Uburayi yemeje umwanzuro wo kwamagana urubanza ruregwamo Victoire Ingabire , Leta...
Read MoreDRC na M23 bemeranyije uburyo bwo kurekura imfungwa ku mpande zombi
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 12 Nzeri 2025, ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo [DRC] n’umutwe wa AFC/M23 biyemeje kurekura...
Read MoreAfurika y’Epfo: Abagabo bemerewe kwitwa amazina y’abagore babo
Urukiko Rurengera Itegekonshinga muri Afurika y’Epfo rwemeje ko abagabo bafite uburenganzira bwo gufata amazina y’abagore babo mu buryo bwemewe...
Read MoreBurkina Faso yakuriyeho Abanyafurika amafaranga ya Visa
Mu cyemezo cyafashwe n’inama y’abaminisitiri iyobowe na Perezida Capt Ibrahim Traoré , igihugu cya Burkina Faso cyatangaje ko cyakuyeho...
Read MoreDRC: Abagize uruhare mu gutuma Perezida Tshisekedi asiragira mu kirere batangiye kubiryozwa
Abashinzwe umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo baraye bafunze bamwe mu bakozi bakorera ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya...
Read MoreUmujyi wa Kigali washyize umucyo ku byo kuba Shampiyona y’isi y’amagare izahagarika ubuzima busanzwe bw’abaturage !
Mu gihe u Rwanda rwitegura kwakira Isiganwa Mpuzamahanga ry’Amagare rya UCI (UCI Road World Championships) rizaba kuva ku itariki ya 21 kugeza kuya...
Read MoreCôte d’Ivoire : Uwari umufasha wa Laurent Gbagbo yemerewe kwiyamamariza kuba Perezida
Côte d’Ivoire yakoze amateka adasanzwe, nyuma y’uko Simone Ehivet Gbagbo, wahoze ari umugore wa Laurent Gbagbo wayoboye icyo gihugu, yemerewe...
Read MoreUmuryango w’Ubumwe bw’Uburayi buratekereza gucana umubano na Israel
Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi , Ursula von der Leyen, yatangaje icyemezo gikakaye cyo guhagarika inkunga yose bageneraga...
Read MoreMu Bushinwa hafashwe ibyemezo ku baryamana bahuje ibitsina
Inteko Ishinga Amategeko ya Leta ya Hong Kong mu Bushinwa kuri uyu wa Gatatu wa tariki 10 Nzeri 2025, yanze umushinga w’itegeko wari korohereza...
Read More