Ubuyapani buhangayikishijwe bikomeye n’igabanuka ry’abaturage
Mu mwaka ushize, mu Buyapani habayeho abantu barenga miliyoni bapfuye baruta umubare w’abavuka. Ibi bikaba byarerekanye igabanuka rikomeye...
Read MoreIkindi gihugu kemeje ko cyasabiye Donald Trump igihembo cy’Amahoro cya Nobel
Minisitiri w’Intebe wa Kambodiya, Hun Manet, kuri uyu wa Kane wa tariki 07 Kanama 2025, yavuze ko yatanze Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...
Read MoreTaddeo Lwanga watandukanye na APR FC yabonye ikipe nshya
Ikipe ya Vipers SC ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cya Uganda (Uganda Premier League) yemeje ko yasinyishije Taddeo Lwanga...
Read MoreUwavuye muri Manchester United mu buryo bubi ari mu nzira yo kwegukana Ballon d’Or ya 2025
Umukinnyi wo hagati w’ikipe ya Napoli n’Ikipe y’Igihugu ya Scotland, Scott McTominay, ari mu bakinnyi 30 bazahatana ku gihembo cy’umukinnyi w’umwaka...
Read MorePerezida Putin na Trump bemeje ko bagiye guhura imbonankubone vuba aha !
Intumwa yihariye y’ibiro bya perezida w’Uburusiya , Yuri Ushakov imaze kwemeza ko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, hamwe na...
Read MoreKenya yahanwe na CAF
Impuzamashyirahamwe y’umipira w’amaguru muri Afurika (CAF) yafatiye Kenya ibihano nyuma y’uko habayeho amakosa mu by’umutekano mu mukino...
Read MoreUmuhanzi Weasel yongeye gushyamirana n’umugore we Teta Sandra
Umuhanzi w’Umunya-Uganda, Weasel Manizo, yajyanywe mu bitaro bya Mulago nyuma yo kugongwa n’imodoka n’umukunzi we ukomoka mu Rwanda , Teta Sandra ....
Read MoreCAF yasohoye amakuru y’ingenzi azayobora Champions League na Confederations Cup Rayon Sports na APR FC zizitabira
Mu gihe hamaze gutangazwa igihe urugendo rw’imikino Nyafurika ya CAF Champions League na Confederations Cup ruzatangira, Impuzamashyirahamwe ya...
Read MoreUN yamaganye ubwicanyi bukomeje kugaragara mu Burasirazuba bwa Congo
Umuryango w’Abibumbye wagaragaje impungenge z’ubwicanyi bwakorewe abasivili mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), aho...
Read MoreUbutaliyani bugiye kubaka ikiraro cya mbere kirekire ku Isi
Umugi wa Roma wo mu Butaliyani wemeje burundu umushinga wa miliyari €13.5 (angana na miliyari $15.6) wo kubaka ikiraro kirekire cyane ku Isi gihuza...
Read More