Minisitiri w’Intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yaremye agatima Abanya-Gaza!
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yavuze ko yategetse gutangira ibiganiro bigamije kurekura imfungwa zose no kurangiza intambara yo...
Read MoreUbubiligi bwijeje Tshisekedi ubufasha
Guverinoma y’u Bubiligi yatangaje ko izashyira imbaraga mu kugeza ijwi rya Repubulika ya Demokarasi ya Congo [DRC] mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi...
Read MorePerezida Trump yisubiyeho ku cyemezo cyo guhaniki imisoro ku Uburayi !
Nyuma y’amezi menshi y’umwuka mubi mu bucuruzi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Perezida Donald Trump wa...
Read MoreSudan yigaramye ibyo kurasa ku modoka zari zitwaye ubufasha bw’ibiribwa
Mu gihugu cya Sudani, ingabo z’iki gihugu zahakanye byeruye ko zagabye ibitero by’indege ku modoka z’umuryango Mpuzamahanga wita ku biribwa ku Isi...
Read MoreIbihugu bya Afurika bigiye kwakira abimukira bavuye muri Amerika bikomeje kwiyongera ubutitsa!
Igihugu cya Uganda cyemeye amasezerano ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yo kwakira abimukira binjiye muri iki gihugu mu buryo bunyuranyije...
Read MoreUbuhindi bwagerageje intwaro zirasa kure bizamura icyikango ku Bushinwa na Pakistan
Igihugu cy’Ubuhindi cyagerageje intwaro(missile) zirasa mu ntera ndende ndetse zifite ubushobozi bwo gutwara imitwe y’intwaro kirimbuzi...
Read MorePerezida João Lourenço yatumiye Tshisekedi mu birori bidasanzwe !
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 20 Kanama 2025, Perezida wa Angola João Lourenço yatumiye Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu muhango wo...
Read MoreUbushinwa bugiye kwereka isi aho bugeze mu gukora intwaro zidasanzwe
Mu rwego rwo kwizihiza imyaka 80 ishize intambara ya kabiri y’isi irangiye, Leta y’u Bushinwa yatangaje ko mu kwezi gutaha izakora akarasisi ka...
Read MoreUmugore yafatanwe ibiyobyabwenge yabihishe ahantu hadasanzwe!
Mu gihugu cya Indonesiya umugore w’imyaka 42 yatawe muri yombi nyuma yo gufatanwa ibiyobyabwenge byo mu bwoko bwa cocaine na ecstasy yari...
Read MoreUmwuka w’intambara ukomeje kuzamuka hagati ya Amerika na Venezuela
Perezida wa Venezuela Nicolás Maduro yatangaje ko agiye kwinjiza mu gisirikare abaturage bagera kuri miliyoni 4.5 mu gihe Leta Zunze Ubumwe za...
Read More