Mu kwezi kumwe abarenga 80,000 bavanwe mu byabo mu burasirazuba bwa Kongo – LONI
Intara ya Ituri iherereye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo , yongeye guhinduka indiri y’umutekano muke kubera imirwano ikaze...
Read MoreUburusiya buremera kurekura bumwe mu butaka kugira ngo intambara na Ukraine irangire
Mu nama yabereye i Alaska hagati ya Vladimir Putin na Donald Trump, byatangajwe ko u Burusiya bwiteguye kureka uduce duto bufite muri Ukraine ariko...
Read MoreUwari muri MINUAR yahishuye ibihe bitoroshye yaciyemo mu gihe cya Jenoside
Maj Gen (Rtd) Clayton Boanubah Yaache, umwe mu basirikare bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura Amahoro mu Rwanda [UNAMIR] waturutse...
Read MoreAmerika yongeye kwihanangiriza M23 na FARDC nyuma yo gusubukura imirwano
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zamaganye bikomeye ibikorwa by’imirwano byongeye kubura hagati y’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC)...
Read MorePakistan : Imyuzure yatewe n’imvura idasanzwe yahitanye abantu barenga 321
Mu masaha 48 ashize, imvura idasanzwe yaguye mu majyaruguru ya Pakistan yahitanye abantu 321, nk’uko byemejwe n’inzego z’ubutabazi kuri uyu wa...
Read MoreIsrael irashaka kwimura Abanyepalestina ikajya kubatuza muri Sudan y’Epfo
Igihugu cya Sudan y’Epfo na Israel biravugwa ko bari mu biganiro byerekeye amasezerano yo kwimurira Abanya-Palestina baturuka mu gace ka Gaza kasenwe...
Read MoreNi iki cyavuye mu biganiro byahuje Donald Trump na Putin w’u Burusiya?
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump na mugenzi we w’u Burusiya Vladimir Putin basoje urugendo rwabo muri Alaska batageze ku...
Read MoreUganda: Abanyeshuri 540 birukanywe burundu nyuma yo kwanga amafunguro ku bushake !
Ubuyobozi bw’ishuri ryisumbuye rya Ntare School, riherereye mu mujyi wa Mbarara muri Uganda, bwafashe icyemezo gikakaye cyo kwirukana burundu...
Read MoreIturi : Abantu 7 bapfiriye mu mirwano hagati ya FARDC n’imitwe y’inyeshyamba
Abantu barindwi nibo bamaze kubarurwa ko bapfiriye mu mirwano ikomeye yabaye ku wa Gatatu tariki ya 13 Kanama 2025, hagati y’ingabo za Repubulika ya...
Read MoreRwamagana: Minisitiri Dominique yahaye umukoro ukomeye abagiye kwinjira muri DASSO
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dominique Habimana, yasabye abarangije amasomo ya DASSO kurangwa n’ubunyamwuga no kwiyumvamo inshingano bahawe...
Read More