Aho inama ya Putin na Trump izabera hamaze kwemezwa
Kuri uyu wa Gatanu wa tariki 15 Kanama 2025, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump na Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin bazahurira...
Read MoreJack Grealish yagize icyo atangaza nyuma yo gutandukana na Manchester City
Jack Grealish, umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza, yatangaje ko Everton ari yo kipe yonyine yashakaga kwerekezamo nyuma yo gusinya...
Read MoreMinisitiri w’intebe w’u Rwanda yasobanuye imiterere ya gahunda nshya ya leta yo kwihutisha iterambere
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 12 Kanama 2025, Minisitiri w’Intebe mushya, Justin Nsengiyumva, yagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko imitwe yombi gahunda...
Read MoreFA yahannye uwatutse Jurgen Klopp watoje Liverpool
David Coote, wahoze ari umusifuzi muri Premier League, yahagaritswe mu mirimo n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Bwongereza (FA) mu gihe...
Read MoreAPR FC yatangaje uko amakipe azacakirana mu irushanwa yateguye
Ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’u Rwanda(APR FC) yamaze gutangaza ingengabihe y’irushanwa yateguye ryo kwitegura umwaka utaha...
Read MoreAbantu barengeje imyaka 70 bashobora kubuzwa gutwara imodoka
Abatwara imodoka bafite imyaka irenga 70 mu Bwongereza bashobora gukumirwa gutwara imodoka nibatsindwa ikizamini cy’amaso giteganyijwe kuba ngombwa,...
Read MoreTaylor Swift yatangaje alubumu nshya yagizwemo uruhare n’umugabo we !
Umuhanzikazi Taylor Swift, yatangaje ku mugaragaro ko agiye gusohora album ye ya 12 yise “The Life of a Showgirl.” Ibi yabitangarije mu...
Read MoreIturi : Abantu 9 baburiwe ubuzima mu bitero by’inyeshyamba za ADF
Mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira ku wa Mbere, tariki ya 11 Kanama 2025, abantu icyenda bapfiriye mu bitero bibiri byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro...
Read MoreMuseveni yemeye ko bitugukwaha na maguyi bica ibintu mu biro bye !
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko hari bamwe mu bakozi bo mu biro bye basabaga ruswa abaturage kugira ngo babafashe kugeza...
Read MoreAbadafite inzu zo kubamo batuye Washington bagiye kuhirukanwa
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gutuma impaka zikomeye zivuka muri iki gihugu nyuma yo gusaba ko abantu badafite inzu...
Read More